Arenga $1M Niyo “Mahoro Peace Association”(MPA) Izikoza Burimwaka. Ese Akora iki?

Umushinga Mahoro Peace Association(M.P.A) uyobowe na Adele Kibasumba ni umwe mumishinga ikora ibikogwa byogufasha abaturage bakomoka muri Sud-kivu cane cane abanyamulenge, Uyu muryango ukorera muri leta y’amarica.

uyu mushinga ukoza ifaranga nubundi mubaturage b’abanyamulenge batuye hanze ya DRC Congo, Mumigabane yose igize isi, ariko abaturage bakora cane kurusha abandi babari muri America ndetse na Europe muri rusange.

M.P.A yashizweho kugirango ikore ibikorwa bitandukanye birimo; Gufasha abanyamuryango bayo batuye muri U.S, gushakira ubuturo abashitsi baje vuba muri U.S nokubafasha gutangira ubuzima, Gukora imishinga y’iterambere biciye mumatsinda atandukanye nk’urubyiruko, abagore,abagabo ndetse nabayobozi bamakanisa.

Gutanga ubufasha kubaturage bahura n’ibibazo byintambara zirikubera muri DRC Congo, nogufasha inkomere z’izintambara zirikubera mukarere ndetse nabahuye nihohotegwa rishingiye kugitsina.

kuba M.P.A ikora ibyobyose biyitera gukenera amafaranga yokubigeraho nkuko indi mishinga yose kw’isi ikora ibikorwa byubutabazi isaba ubufasha munzira zitandukanye zishoboka, M.P.A yahisemo gukoza ifaranga mubaturage babanyamulenge batuye muri U.S.A ndetse nahandi hatandukanye kw’isi.

Uburyo uyu muryango wa Mahoro Peace Association ubona ifaranga zogukoresha imishinga hari abavugako bisankaho ari itegeko rishigwa kubayoboye imiryango gushishikariza abaturage gutanga ibituro; kandi ubufasha bw’iyi association buva mubwoko gusa usanga arigake uyumuryango wifashisha indimiryango mpuzamahanga.

uyumuryango wa M.P.A wifashishije abayobozi bimijyango ndetse nimbuga zihurigwaho nabanyamulenge kuba wakangurira abaturage kuwugana ndetse nokuja mumbuga ziyobowe na M.P.A ndetse nogutanga ibituro byaburikwezi kuri buri munyamulenge wese.

ndetse hagiye hanakogwa ikangurigwa ryokuba abanyamulenge bose bagana M.P.A bagakurikira iyi gahunda yogutanga ibituro ndetse nabashaka kugaragazako hari imishinga irigukorwa muburyo butaribwo, ntibibagendera neza doreko hari nabamwe bavuye muruyu mushinga bagakora indi mishinga itandukanye.

Muri report yakozwe na United Nation Security council yo muri 2022 yagaragaje uruhare r

About The Author

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *